ABNETWORK
UBUKENE BWUGARIJE URUBYIRUKO MURI AFRICA

UBUKENE BWUGARIJE URUBYIRUKO MURI AFRICA

Category: partnership | Date: Feb 05, 2026 | By: abn | Read time: 1 min
UBUKENE BWUGARIJE URUBYIRUKO MURI AFRICA

Mu gihe isi yose ihanganye n’ikibazo cy’ubushomeri, urubyiruko ni rwo rugaragaramo cyane kurusha abandi. Mu Rwanda no mu bindi bihugu bikiri mu nzira y’amajyambere, iki kibazo gikomeje kuba ingorabahizi, ariko hari igisubizo gikomeye kirushaho kugaragara: ubumwe n’ubufatanye bw’urubyiruko. Ubushomeri si ikibazo cy’umuntu ku giti cye gusa, ahubwo ni ikibazo kigira ingaruka ku muryango no ku gihugu muri rusange. Iyo urubyiruko rudafite akazi, ubukungu buradindira, impano zikarangirika, ndetse bamwe bagacika intege zo kugerageza indi mirimo. Ariko uko imyaka igenda ishira, hagaragara impinduka zishingiye ku  bushomeri urubyiruko rurangije kwiga ruvugako hatagize igikorwa  ngobabone icyobakora bazisanga aribo nzererezi  ndetse nabajura ruharwa  bamwe  muribo bavugako ntarubyiruko rwejo hazaza ruhari .

1

Leave a Comment

Comments (0)

No comments yet. Be the first to comment!

Send Feedback