hari kwi tariki 03/01/2026 ubwo kubiro bikuru bya ABNETWORK hahugurirwaga abagera kuri 11 murigahunda yumurimo kuribo bose murwego rwo kugabanya ubushomeri bwugari KURUBYIRUKO nabandi muri rusange .kandi kuruyu wagatandatu ushyira kucyumeru harigikorwa cya ABNETWORK kiswe Tumurere niwe rwanda rwejo kikaba cyatangiriye mu karere ka Kicukiro umurenge wa Gahanga mu Kagari ka Rwabutenge Aho Abagize umuryango Tumurere bagaburiye Abana bagera kuri 60murigahunda yo gusigasira ubuzima bwabana bo kumihanda ndetse nabandi batagira ababitaho kandi ububwitange burakomeje no mutundi turere dutandukanye. umwanditsi :tuyisenge Eric
Comments (0)
No comments yet. Be the first to comment!